July 27, 2024

KIGALI :Umunsi w’ibyishimo kuri Prince Kid na miss Elsa IRADUKUNDA  aho bagiraniye amasezerano.

0
IRADUKUNDA NA ISHIMWE basezerana.

Hari mu masaha y’ikigoroba yo kuri uyu wa kabiri amakuru ashyushye yashimishije benshi, ni uko mu murenge wa Rusororo mu karere ka Gasabo habereye umuhango wo gusezerana mu murenge , hagati ya Prince Kid  na Miss Elsa IRADUKUNDA.

Aya makuru yasakaye ahantu henshi  yashimishije benshi, aho nyuma yo gufungwa kuri aba bombi , bivugwa ko Miss Elsa yarwanaga ku mukunzi we  Prince Kid kugirango bamufungure, akemera nawe agafungwa. Aya makuru bigoye kuyabona neza  Kigalitimes ivuga ko yaturutse mu nshuti za hafi cyane za Prince Kid  ariwe ISHIMWE Diedonne na  Miss Elsa Iradukunda.

 Mu gihe urubanza rw’uyu mugabo Ishimwe Dieudonne ruzasubukurwa muri uku kwezi kwa gatatu umwaka wa 2023 , ubu aba ni umugore n’umugabo imbere y’amategeko.

About The Author

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *